Tuesday, January 10, 2006

Rwanda: Revision No 02 du 08/12/2005 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003, telle que révisée à ce jour

Umwaka wa 44 n° idasanzwe Year 44 n° special

yo kuwa 08 Ukuboza 2005 of 08 December 2005

44ème Année n° spécial

du 08 décembre 2005

Igazeti ya Leta

ya Repubulika

y’u Rwanda

Official Gazette of the Republic

of Rwanda

Journal Officiel

de la République

du Rwanda

Ibirimo/Summary/Sommaire

IVUGURURWA RY’ITEGEKO NSHINGA/AMENDMENT OF THE CONSTITUTION/REVISION DE LA CONSTITUTION

Ivugururwa n° 2 ryo kuwa 08/12/2005 ry’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu………………………………………

Amendment n° 02 of 08/12/2005 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date………………………………………………………………………...

Révision n° 02 du 08/12/2005 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003, telle que révisée à ce jour…………………………………………………………………

IVUGURURA N° 02 RYO KUWA 08/12/2005 RY’ITEGEKO NSHINGA RYA REPUBULIKA Y’U RWANDA RYO KUWA 04 KAMENA 2003 NK’UKO RYAVUGURUWE KUGEZA UBU

Twebwe, KAGAME Paul,

Perezida wa Repubulika;

INTEKO ISHINGA AMATEGEKO YEMEJE, NONE NATWE DUHAMIJE, DUTANGAJE IVUGURURA RY’ITEGEKO NSHINGA RYA REPUBULIKA Y’U RWANDA KANDI DUTEGETSE KO RYANDIKWA MU IGAZETI YA LETA YA REPUBULIKA Y’U RWANDA.

INTEKO ISHINGA AMATEGEKO :

Umutwe w’Abadepite, uteranye mu nama yawo yo kuvugurura Itegeko Nshinga yo kuwa 13 Ukwakira 2005;

Umutwe wa Sena, uteranye mu nama yawo yo kuvugurura Itegeko Nshinga yo kuwa 10 Ugushyingo 2005;

Ishingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane ingingo zaryo, iya 193 n’iya 200;

Isubiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo, iya 3, iya 52, iya 76, iya 79, iya 82, iya 85, iya 86, iya 88, iya 113, iya 118, iya 143, iya 150, iya 151, iya 158, iya 159, iya 161, iya 165, iya 167, iya 168, iya 182, iya 183 n’iya 184;

Bisabwe na Perezida wa Repubulika, bimaze kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 24 Kanama 2005;

YEMEJE :

Ingingo ya mbere:

Ingingo ya 3 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Igihugu cy’u Rwanda kigabanyijemo Inzego z’Imitegekere y’Igihugu zigenwa n’Itegeko Ngenga kandi rikanashyiraho umubare, imbibi n’imiterere yazo.

Itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere y’izo nzego."

Ingingo ya 2:

Ingingo ya 52 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Imitwe ya politiki myinshi iremewe.

Imitwe ya politiki yujuje ibyangombwa bisabwa n’amategeko, yemerewe gushingwa no gukora mu bwisanzure; igomba kubahiriza Itegeko Nshinga n’andi mategeko ndetse n’amahame ya demokarasi, kandi ntihungabanye ubumwe bw’Abanyarwanda, ubusugire n’umutekano by’Igihugu.

Imitwe ya politiki igira uruhare mu kwigisha abenegihugu gukora politiki igendera kuri demokarasi, gutora no gutorwa, ikanakora ku buryo abagore n’abagabo bagira amahirwe angana mu myanya n’imirimo itorerwa ya Leta.

Inzego z’ubuyobozi bw’imitwe ya politiki zigira icyicaro ku rwego rw’Igihugu. Itegeko ngenga rigenga imitwe ya politiki rigena icyicaro cy’ubuyobozi bwazo ku zindi nzego z’imitegekere y’igihugu."

Ingingo ya 3:

Ingingo ya 76 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Umutwe w’Abadepite ugizwe n’abantu mirongo inani (80) bari mu byiciro bikurikira :

mirongo itanu na batatu (53) batorwa nk’uko biteganywa n’ingingo ya 77 y’Itegeko Nshinga ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu;

makumyabiri na bane (24) b'abagore batorwa n’inzego zihariye, hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu;

babiri (2) batorwa n’Inama y’Igihugu y'Urubyiruko;

4º umwe (1) utorwa n'impuzamashyirahamwe y'abantu bafite ubumuga.

Itegeko Ngenga rigena uko amatora y’abagize Umutwe w’Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko akorwa."

Ingingo ya 4:

Ingingo ya 79 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Buri mwaka, Umutwe w’Abadepite utora itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta. Ushyikirizwa umushinga w’itegeko rigenga imari mbere y’itangira ry’igihembwe kigenewe kwiga ingengo y’imari.

Umutwe w’Abadepite usuzuma ingengo y’imari y’umwaka ukurikiye ushingiye kuri raporo y’imikoreshereze y’ingengo y’imari y’amezi atandatu ya mbere y’uwo mwaka ushyikirijwe na Guverinoma.

Buri mwaka w’ingengo y’imari kandi mbere y’itangira ry’igihembwe kigenewe kwiga ingengo y’imari, Guverinoma ishyikiriza Umutwe w’Abadepite, umushinga w’itegeko ryerekeye ibaruramari ry’umwaka ushize.

Guverinoma ishyikiriza Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ifoto y’umutungo wa Leta mu buryo buteganywa n’itegeko ngenga.

Buri mwaka w’ingengo y’imari kandi mbere y’itangira ry’igihembwe kigenewe kwiga ingengo y’imari, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ashyikiriza buri Mutwe w’Inteko Ishinga Amategeko, raporo ku ifoto y’umutungo wa Leta.

Mbere y’uko ingengo y’imari ya Leta yemezwa burundu, Perezida w’Umutwe w’Abadepite asaba Sena kugira icyo ivuga ku mushinga w’ingengo y’imari ya Leta.

Itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta rigena umutungo Leta izinjiza n’uzakoreshwa mu buryo buteganywa n’itegeko ngenga."

Ingingo ya 5:

Ingingo ya 82 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Sena igizwe n’abantu makumyabiri na batandatu (26) bafite manda y’imyaka umunani (8) muri bo nibura mirongo itatu ku ijana (30%) bakaba ari abagore. Abo Basenateri biyongeraho abahoze ari Abakuru b’Igihugu babisabye Urukiko rw’Ikirenga, ariko bagomba kuba bararangije neza manda yabo cyangwa barasezeye ku bushake.

Abo Basenateri makumyabiri na batandatu (26) batorwa cyangwa bashyirwaho ku buryo bukurikira:

Cumi na babiri (12) batorwa n’inzego zihariye, hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu;

Umunani (8) bashyirwaho na Perezida wa Repubulika, akita ku ihagararirwa ry’igice

cy’Abanyarwanda amateka agaragaza ko basigaye inyuma ;

Bane (4) bashyirwaho n’Ihuriro nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya politiki ;

Umwarimu umwe (1) cyangwa Umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru

bya Leta nibura uri ku rwego rw’Umwarimu wungirije utorwa n’Abarimu n’Abashakashatsi bo muri

ibyo bigo;

Umwarimu umwe (1) cyangwa Umushakashatsi umwe (1) wo muri Kaminuza no mu Mashuri Makuru byigenga nibura uri ku rwego rw’Umwarimu wungirije utorwa n’Abarimu n’Abashakashatsi bo muri ibyo bigo.

Uko Abasenateri batorwa bigenwa n’ Itegeko Ngenga.

Inzego zishinzwe kugena abagomba kujya muri Sena zigomba kwita ku bumwe bw’Abanyarwanda n’ihagararirwa ry’ibitsina byombi.

Impaka zivutse zerekeye ishyirwa mu bikorwa ry’iyi ngingo n’iry’iya 83 z’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu zikemurwa n’Urukiko rw’Ikirenga."

Ingingo ya 6:

Ingingo ya 85 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Bitabangamiye ibiteganywa mu ngingo ya 197 y’Itegeko Nshinga, amazina y’abakandida muri Sena batorwa agomba kuba yageze ku Rukiko rw’Ikirenga bitarenze iminsi mirongo itatu (30) mbere y’amatora.

Urukiko rw’Ikirenga rugenzura niba abakandida bujuje ibyangombwa bisabwa, rukemeza kandi rugatangaza urutonde rwabo bitarenze iminsi umunani (8) uhereye igihe inyandiko zarugereyeho. Amatora akorwa mu buryo bugenwa n’Itegeko rigenga amatora.

Ku byerekeye Abasenateri bashyirwaho, inzego zibashyiraho na zo zigomba kuba zagejeje amazina ku Rukiko rw’Ikirenga mu gihe cyavuzwe haruguru rukagenzura niba bujuje ibyangombwa bisabwa, rukemeza kandi rugatangaza urutonde rwabo bitarenze iminsi umunani (8).

Icyakora, ku Basenateri bagenwa na Perezida wa Repubulika, abashyiraho izindi nzego zimaze gushyiraho abazo kugira ngo yite ku bumwe bw’Abanyarwanda.

Mu gihe hari abatemewe n’Urukiko rw’Ikirenga, inzego zibashyiraho zishobora kuzuza umubare mu gihe kitarenze iminsi irindwi (7) y’itangazwa ry’urutonde rw’amazina y’abemewe."

Ingingo ya 7:

Ingingo ya 86 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Kugira ngo umuntu abe Umusenateri, ku birebana n’Abasenateri batorwa, agomba kuba yatowe ku bwiganze burunduye bw’amajwi y’abagize inteko itora mu cyiciro cya mbere cy’amatora cyangwa ku bwiganze busanzwe mu cyiciro cya kabiri kigomba guhita gikurikira icya mbere.

Mu gihe Umusenateri watowe yeguye, apfuye, avanywe ku mirimo n’icyemezo cy’urukiko cyangwa agize indi mpamvu imubuza burundu kujya mu Nteko igihe cya manda gisigaye kingana nibura n’umwaka umwe (1), harongera hakaba amatora. Iyo ari Umusenateri washyizweho, urwego rwamushyizeho ni na rwo rugena umusimbura."

Ingingo ya 8:

Ingingo ya 88 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Mu birebana n'amategeko, Sena ifite ububasha bwo gutora :

amategeko yerekeye ivugurura ry'Itegeko Nshinga ;

amategeko ngenga ;

amategeko yerekeye ishyirwaho, ihindurwa, imikorere n'ivanwaho ry'inzego za Leta cyangwa zishamikiye kuri Leta n'ayerekeye imiterere y'Igihugu ;

amategeko yerekeye ubwisanzure, uburenganzira n’inshingano by’ibanze bya Muntu ;

Amategeko mpanabyaha, ayerekeye imitunganyirize n'ububasha by'inkiko n'ay'imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha ;

amategeko yerekeye kurinda igihugu n'umutekano ;

amategeko areba amatora na referendumu;

amategeko yerekeye amasezerano mpuzamahanga.

Sena ifite na none ububasha bwo :

gutora Perezida, Visi-Perezida n'Abacamanza b'Urukiko rw’Ikirenga, Umushinjacyaha

Mukuru wa Repubulika n'Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika wungirije;

kwemeza ishyirwaho ry'abayobora n'abagize za Komisiyo z'Igihugu, Umuvunyi Mukuru n'Abamwungirije, Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta n'Umwungirije, Abahagarariye u Rwanda mu bihugu by'amahanga no mu miryango mpuzamahanga, abayobozi b'ibigo bya Leta n'ibishamikiye kuri Leta bifite ubuzima gatozi;

kwemeza ishyirwaho ry'abandi bayobozi bo mu nzego za Leta bagenwa n’Itegeko ngenga. "

Ingingo ya 9:

Ingingo ya 113 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Perezida wa Repubulika ashyira umukono ku mateka ya Perezida yemejwe n’Inama y'Abaminisitiri yerekeye :

gutanga imbabazi ku baciriwe imanza burundu n'urukiko;

gushyiraho ifaranga ry'Igihugu ;

gutanga imidari y'ishimwe;

gushyira mu bikorwa amategeko iyo biri mu nshingano ze;

kuzamura mu ntera no gushyira mu myanya :

a) Abofisiye jenerali b'Ingabo z'Igihugu ;

b) Abofisiye bakuru b'Ingabo z'Igihugu;

c) Abakomiseri ba Polisi y'Igihugu;

d) Abofisiye bakuru ba Polisi y'Igihugu.

gushyira no kuvana ku mirimo abakozi bakuru b'abasiviri bakurikira :

a) Perezida na Visi-Perezida b'Urukiko rw'Ikirenga ;

b) Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika n'Umushinjacyaha Mukuru wa

Repubulika Wungirije ;

c) Umuyobozi w'Ibiro bya Perezida wa Repubulika;

d) Umukuru w'Urwego rushinzwe gutanga Imidari y’ishimwe;

e) Umuyobozi wa Banki Nkuru y’Igihugu;

f) Abayobozi ba za Kaminuza za Leta n'ab'Ibigo by'Amashuri Makuru ya Leta;

g) Umuyobozi w'Urwego rushinzwe umutekano mu Gihugu n'umwungirije;

h) Abakomiseri ba za Komisiyo n'abakuru b'Inzego zihariye ziteganywa n'Itegeko Nshinga;

i) Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Repubulika ;

j) Abajyanama muri Perezidansi ya Repubulika ;

k) Abahagarariye u Rwanda mu bihugu by'amahanga no mu miryango mpuzamahanga;

l) abandi bayobozi bo mu nzego za Leta bagenwa n’itegeko."

Ingingo ya 10:

Ingingo ya 118 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Minisitiri w’Intebe:

ayobora imikorere ya Guverinoma akurikije imirongo mikuru yatanzwe na Perezida wa Repubulika, akanakurikirana iyubahirizwa ry'amategeko;

ategura gahunda ya Guverinoma abigiyeho inama n'abandi bagize Guverinoma;

ashyikiriza Inteko Ishinga Amategeko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi mirongo itatu (30) uhereye igihe yatangiriye imirimo ye;

agena inshingano z'abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta n'abandi bagize Guverinoma;

ahamagaza Inama y'Abaminisitiri, ashyiraho urutonde rw'ibyigwa agishije inama abandi bagize Guverinoma, akabishyikiriza Perezida wa Repubulika n'abandi bagize Guverinoma nibura iminsi itatu mbere y'uko inama iba, usibye ibibazo byihutirwa bisuzumwa n'inama zidasanzwe;

ayobora Inama y'Abaminisitiri; icyakora, iyo Perezida wa Repubulika yayijemo ni we uyiyobora;

ashyira umukono w'ingereka ku mategeko yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko kandi yashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika;

ashyiraho abakozi ba gisiviri n'aba gisirikare, uretse abashyirwaho na Perezida wa Repubulika;

ashyira umukono ku mateka azamura mu ntera akanashyira mu myanya ba ofisiye bato mu ngabo z’Igihugu na Polisi y'Igihugu;

10º ashyira umukono ku mateka ya Minisitiri w’Intebe yerekeye ishyirwa ku mirimo n'ivanwaho ry'abakozi bakuru bakurikira :

a) Umuyobozi w’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe;

b) Umunyamabanga Mukuru wa Guverinoma n’Umunyamabanga Mukuru wa Guverinoma Wungirije;

c) Abayobozi bungirije ba Banki Nkuru y’Igihugu;

d) Abayobozi bungirije ba Kaminuza za Leta n'ab'Ibigo by'Amashuri Makuru ya Leta;

e) Abanyamabanga Nshingwabikorwa ba za Komisiyo za Leta ;

f) Abajyanama n'Abakuru b'imirimo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe;

g) Abanyamabanga Bakuru muri za Minisiteri;

h) Abayobozi b'ibigo bya Leta n'abandi bakozi bakuru muri ibyo bigo;

i) Abagize Inama y'Ubuyobozi mu bigo bya Leta n'abahagarariye Leta mu bigo ifitemo imigabane;

j) Abayobozi muri za Minisiteri;

k) Abashinjacyaha bafite ububasha mu Gihugu hose n'Abashinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye n’Abashinjacyaha bo ku rwego rw’ibanze;

l) Abandi bayobozi bateganywa n’itegeko iyo bibaye ngombwa.

Abandi bakozi bashyirwaho hakurikijwe amategeko yihariye."

Ingingo ya 11:

Ingingo ya 143 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Hashyizweho inkiko zisanzwe n'inkiko zihariye.

Inkiko zisanzwe ni Urukiko rw’Ikirenga, Urukiko Rukuru rwa Repubulika, Inkiko zisumbuye

n’ Inkiko z’Ibanze.

Inkiko zihariye ni inkiko Gacaca n'inkiko za gisirikare.

Itegeko Ngenga rishobora gushyiraho izindi nkiko zihariye.

Uretse Urukiko rw’Ikirenga, inkiko zisanzwe zishobora kugira ingereko zihariye cyangwa

ingereko zikorera ahandi zishyizweho n'iteka rya Perezida w'Urukiko rw’Ikirenga, byemejwe n’Inama Nkuru y'Ubucamanza.

Inkiko zishobora gukorera aho ari ho hose mu ifasi yazo iyo bituma imirimo yazo igenda

neza, ariko bitabangamiye imanza zicibwa ku cyicaro cyazo gisanzwe.

Ibyo ari byo byose ntihashobora gushyirwaho inkiko zidasanzwe.

Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha n'imikorere by'inkiko."

Ingingo ya 12:

Inyito y’agace C k’akiciro ka mbere k’icyiciro cya 2 cy’Umutwe wa V w’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"C: Ibyerekeye Urukiko Rwisumbuye."

Ingingo ya 13:

Ingingo ya 150 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Hashyizweho Inkiko Zisumbuye.

Itegeko Ngenga rigena imiterere, ububasha, n’imikorere by’Urukiko Rwisumbuye n’ifasi ya buri Rukiko Rwisumbuye."

Ingingo ya 14:

Inyito y’agace D k’akiciro ka mbere k’icyiciro cya 2 cy’Umutwe wa V w’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"D: Ibyerekeye Urukiko rw’Ibanze."

Ingingo ya 15:

Ingingo ya 151 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Hashyizweho Inkiko z’Ibanze.

Itegeko ngenga rigena imiterere, ububasha n’imikorere by’Urukiko rw’Ibanze n’ifasi ya buri Rukiko rw’Ibanze."

Ingingo ya 16:

Ingingo ya 158 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Inama Nkuru y’Ubucamanza igizwe n’aba bakurikira:

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, ari na we ushinzwe kuyiyobora;

Visi-Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga;

Umucamanza umwe (1) mu Rukiko rw’Ikirenga utorwa na bagenzi be;

Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Repubulika;

Umucamanza umwe (1) wo mu Rukiko Rukuru rwa Repubulika utorwa na bagenzi be;

Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko Zisumbuye batorwa na bagenzi babo;

Abacamanza bahagarariye abo mu Nkiko z’Ibanze batorwa na bagenzi babo;

Abayobozi babiri (2) b’Amashami y’amategeko muri Kaminuza no mu mashuri makuru yemewe batorwa na bagenzi babo;

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu;

10° Umuvunyi Mukuru.

Itegeko ngenga risobanura imiterere, ububasha n’imikorere by’Inama Nkuru y’Ubucamanza. Rigena kandi umubare w’abacamanza bavugwa mu gace ka 6 n’aka 7 tw’iyi ngingo."

Ingingo ya 17:

Ingingo ya 159 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Hashyizweho “Komite y’Abunzi” ishinzwe kunga ababuranyi igihe cyose mbere yo gushyikiriza urukiko ruburanisha mu rwego rwa mbere ibirego mu manza zimwe zigenwa n’itegeko.

Komite y’Abunzi igizwe n’abantu b’inyangamugayo kandi bazwiho ubushobozi bwo kunga.

Itegeko Ngenga rigena imiterere, ifasi, ububasha n’imikorere bya Komite y’Abunzi. Rigena kandi umubare w’abayigize n’urwego ruyitora. "

Ingingo ya 18:

Ingingo ya 161 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika ni urwego rumwe. Bugizwe n’ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Ubushinjacyaha bwo ku rwego rwisumbuye n’Ubushinjacyaha bwo ku rwego rw’Ibanze.

Urwego rw’ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika rugizwe n’Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika, Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika wungirije n’abashinjacyaha bafite ububasha mu Gihugu hose.

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika n’Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika Wungirije bagomba kuba bafite nibura impamyabushobozi ihanitse mu by’amategeko n’uburambe nibura bw’imyaka umunani (8) mu kazi karebana n’amategeko, bakaba kandi baragaragayeho ubushobozi mu miyoborere y’inzego nkuru z’ubuyobozi. Abafite impamyabumenyi y’ikirenga mu by’amategeko, bagomba kuba bafite uburambe nibura bw’imyaka itanu (5) mu mirimo yerekeye amategeko.

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika ayobora kandi agahuza imirimo y’Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika. Abifashijwemo n’abandi bashinjacyaha bagize Biro ye, akurikirana icyaha imbere y’Urukiko rw’Ikirenga n’imbere y’Urukiko Rukuru rwa Repubulika mu buryo buteganywa n’amategeko.

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika ahagararirwa mu mirimo ye n’ Umushinjacyaha wo ku Rwego Rwisumbuye n’Umushinjacyaha wo ku Rwego rw’Ibanze.

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika ashobora guha buri mushinjacyaha amabwiriza yanditse. Icyakora nta bubasha afite bwo kubuza umushinjacyaha kuba yakurikirana umuntu, kugira ngo abe ari we ubwe umwikurikiranira."

Ingingo ya 19:

Ingingo ya 165 y’Itegeko-Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Hashyizweho Inama Nkuru y’Ubushinjacyaha.

Inama Nkuru y’Ubushinjacyaha igizwe n’aba bakurikira :

Minisitiri w’Ubutabera, ari na we uyiyobora;

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika;

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika wungirije;

Umushinjacyaha umwe ufite ububasha mu gihugu cyose utorwa na bagenzi be;

Komiseri Mukuru wa Polisi y’Igihugu ;

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu;

Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare n'umwungirije;

Abashinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye n’abo ku rwego rw’ibanze bahagarariye bagenzi babo;

Abayobozi babiri (2) b’amashami y’amategeko muri Kaminuza no mu mashuri makuru yemewe batorwa na bagenzi babo;

10° Umuyobozi w’Urugaga rw’Abavoka;

11° Umuvunyi Mukuru.

Itegeko ngenga risobanura imiterere, ububasha n’imikorere by’Inama Nkuru y’Ubushinjacyaha. Rigena kandi umubare w’abashinjacyaha bahagarariye bagenzi babo bavugwa mu gace ka 8 k’iyi ngingo."

Ingingo ya 20:

Ingingo ya 167 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira :

"Ubutegetsi bwa Leta bwegerezwa abaturage mu nzego z’ibanze hakurikijwe itegeko. Bukurikiranwa na Minisiteri ifite ubutegetsi bw’Igihugu mu nshingano zayo.

Itegeko rigena Inzego z’imitegekere y’Igihugu ku rwego rw’ibanze zegereye abaturage zifite ubuzimagatozi n’ubwisanzure mu byerekeye ubutegetsi n’imari. Izo nzego ni zo shingiro ry’iterambere ry’abaturage.

Inzego z’ibanze zifite ubuzimagatozi zifite uburenganzira bwo kuba abanyamuryango b'ingaga zo mu gihugu cyangwa mpuzamahanga ziharanira guteza imbere ubuyobozi bwegereye abaturage.

Itegeko rigena imitunganyirize, imikorere n’imikoranire y’izo nzego n’izindi nzego zinyuranye zifite uruhare mu miyoberere no mu iterambere ry’Igihugu. Itegeko riteganya kandi uko Guverinoma yegurira izo nzego ububasha, umutungo n’ibindi byangombwa."

Ingingo ya 21:

Ingingo ya 168 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Hashyizweho “Inama y’Igihugu y’Umushyikirano”. Ihuza Perezida wa Repubulika n’abahagarariye Inama Njyanama z’Inzego z’Ibanze zifite ubuzimagatozi batorwa na bagenzi babo. Iyoborwa na Perezida wa Repubulika ikaba kandi irimo n’abagize Guverinoma, Inteko Ishinga Amategeko n’abandi Perezida wa Repubulika yagena. Umubare w’abahagarariye Inama Njyanama z’Inzego z’Ibanze zifite ubuzimagatozi mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ugenwa na Perezida wa Repubulika.

Iyo nama iterana nibura rimwe (1) mu mwaka. Mu bibazo isuzuma harimo ibyerekeye uko Igihugu n’Ubuyobozi bw’ibanze bimeze ndetse n’ibyerekeye ubumwe bw’Abanyarwanda.

Imyanzuro y’iyo Nama ishyikirizwa inzego zibishinzwe kugira ngo zirusheho gutunganya imirimo zikorera abaturage. "

Ingingo ya 22:

Ingingo ya 182 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Urwego rw’Umuvunyi ni urwego rw’Igihugu rwigenga mu mikorere yarwo.

Mu byo rushinzwe harimo ibi bikurikira:

guhuza umuturage n’inzego z’ubutegetsi za Leta n’izigenga;

gukumira no kurwanya akarengane, ruswa n'ibyaha bifitanye isano na yo, mu Nzego z'ubutegetsi bwa Leta n'izigenga;

kwakira no gusuzuma, mu rwego rwavuzwe haruguru, ibirego by’abantu ku giti cyabo n’iby’amashyirahamwe yigenga, byerekeye ibikorwa by’abakozi ba Leta, iby’inzego zayo n’iby’abikorera ku giti cyabo, no gukangurira abo bakozi n’izo nzego gushakira umuti ibyo bibazo iyo rusanze bifite ishingiro.

Uru rwego ntirushobora kwivanga mu mikurikiranire y’ibyaha cyangwa mu miburanishirize y’imanza zerekeye ibirego byashyikirijwe inzego z’ubutabera uretse ko rushobora gushyikiriza inkiko cyangwa urwego rw’Ubushinjacyaha ibirego rwagejejweho, izo nzego zikaba zigomba guha urwo Rwego igisubizo;

4° kwakira buri mwaka inyandiko zigaragaza imitungo nyakuri y’aba bakurikira:

  1. Perezida wa Repubulika;
  2. Perezida wa Sena;
  3. Perezida w’Umutwe w’Abadepite;
  4. Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga;
  5. Minisitiri w’Intebe;
  6. Abandi bagize Guverinoma;
  7. Abasenateri n’Abadepite;
  8. Abofisiye jenerali n’ Abofisiye bakuru b'Ingabo z'Igihugu ;
  9. Abakomiseri n’Abofisiye bakuru ba Polisi y'Igihugu;
  10. Abayobozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe umutekano;
  11. Abayobozi b’Inzego z’ibanze zifite ubuzimagatozi;
  12. Abacamanza b’umwuga, Abashinjacyaha b’umwuga n’Abagenzacyaha;
  13. Abakira, abacunga n’abagenzura imari n’umutungo wa Leta, abatanga amasoko mu Butegetsi Bwite bwa Leta, muri za Komisiyo n’Inzego Zihariye za Leta, mu nzego z’ibanze za Leta, mu bigo bya Leta, mu bigo byegamiye kuri Leta, mu bigo bya Leta bicungwa nk’iby’abantu ku giti cyabo, mu bigo Leta ifitemo imigabane, mu mishinga ya Leta n’abayobozi b’izo nzego;
  14. abashinzwe imisoro n’amahoro;
  15. abandi bakozi ba Leta cyangwa abandi bakozi bafite aho bahuriye n’umutungo n’imari bya Leta n’abandi bakora imirimo yabahesha inyungu ikomotse kuri ruswa n’ibindi bifitanye isano na yo itegeko ryagena.

Inyandiko igaragaza imitungo nyakuri y’abo bantu bavuzwe haruguru ishyikirizwa Urwego rw’Umuvunyi bitarenze tariki ya 30 Kamena ya buri mwaka n’igihe bavuye mu mirimo yabo.

Abantu bavugwa muri iyi ngingo, bagitangira imirimo, inyandiko yabo ya mbere igaragaza imitungo nyakuri yabo ishyikirizwa Urwego rw’Umuvunyi mu gihe cy’ukwezi nyuma y’uko batangiye iyo mirimo.

Urwego rw’Umuvunyi rushyikiriza buri mwaka Perezida wa Repubulika n'Inteko Ishinga Amategeko porogaramu na raporo z'ibikorwa byarwo, izindi nzego za Leta ziteganywa n’itegeko zikagenerwa kopi.

Itegeko rigena ibyerekeye imiterere n’imikorere y’urwo rwego."

Ingingo ya 23:

Ingingo ya 183 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Urwego rw’Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari ya Leta ni urwego rw’Igihugu rwigenga rushinzwe ubugenzuzi bw’imicungire y’imari n’umutungo bya Leta.

Rufite ubuzimagatozi n’ubwisanzure mu micungire y’imari n’abakozi barwo.

Urwo rwego ruyoborwa n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta wunganiwe n’Umugenzuzi Mukuru Wungirije ndetse n’abakozi ba ngombwa.

Mu byo rushinzwe, harimo ibi bikurikira:

kugenzura umutungo wa Leta kimwe n’uw’inzego z’ibanze, ibigo bya Leta, ibigo byegamiye kuri Leta n’imishinga ya Leta;

kugenzura umutungo w’inzego zose zavuzwe haruguru, hagenzurwa cyane cyane niba warakoreshejwe hakurikijwe amategeko n’amabwiriza ariho, niba byarakozwe neza kandi niba byari ngombwa;

kugenzura ibaruramari, ikoreshwa neza ry’umutungo n’igenzuramikorere ry’inzego za Leta n’ibigo byose byavuze haruguru.

Nta wemerewe kwivanga mu mikorere y’urwo rwego, guha amabwiriza abakozi barwo cyangwa gutuma bahindura imikorere yabo."

Ingingo ya 24

Ingingo ya 184 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003, nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, ihinduwe ku buryo bukurikira:

"Haseguriwe ibivugwa mu ngingo ya 79 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta rushyikiriza buri Mutwe w’Inteko Ishinga Amategeko, raporo yuzuye ku ifoto y’umutungo wa Leta irimo imikoreshereze y’imari ya Leta y’umwaka ushize mbere y’itangira ry’igihembwe cyagenewe gusuzuma ingengo y’imari ya Leta y’umwaka ukurikiye. Iyo raporo igomba kugaragaza uburyo imari yakoreshejwe, amafaranga yakoreshejwe bitari ngombwa cyangwa hadakurikijwe amategeko, niba harabaye inyerezwa cyangwa isesagurwa ry’umutungo rusange.

Kopi y’iyo raporo ishyikirizwa Perezida wa Repubulika, Guverinoma, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga n’Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika.

Mu gihe kitarenze amezi atandatu (6) Inteko Ishinga Amategeko imaze gushyikirizwa raporo y’Umugenzuzi Mukuru ivugwa muri iyi ngingo, iyijyaho impaka ikanayifataho ibyemezo bikwiye.

Inzego n’abayobozi bagenerwa kopi ya raporo y’umwaka y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta bagomba gushyira mu bikorwa ibiyikubiyemo bafata ibyemezo bikwiye, ku makosa n’ibindi bitakurikijwe iyo raporo yerekanye.

Inteko Ishinga Amategeko ishobora gusaba urwo rwego gukora ubugenzuzi bw’imari mu nzego za Leta cyangwa imikoreshereze y’amafaranga yatanzwe na Leta.

Itegeko rigena imiterere n’imikorere y’urwo rwego."

Ingingo ya 25 :

Iri Vugurura ry’Itegeko Nshinga ritangira gukurikizwa ku munsi rishyiriweho umukono na Perezida wa Repubulika kandi ritangazwa mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda.

Kigali, kuwa 08/12/2005

Perezida wa Repubulika

KAGAME Paul

(sé)

Minisitiri w’Intebe

MAKUZA Bernard

(sé)

Bibonywe kandi bishyizweho Ikirango cya Repubulika:

Minisitiri w’Ubutabera

MUKABAGWIZA Edda

(sé)

AMENDMENT N° 02 OF 08/12/2005 OF THE CONSTITUTION OF THE REPUBLIC OF RWANDA OF JUNE 4, 2003 AS AMENDED TO DATE

We, KAGAME Paul,

President of the Republic;

THE PARLIAMENT HAS ADOPTED, AND WE SANCTION, PROMULGATE THE AMENDMENT OF THE CONSTITUTION OF THE REPUBLIC OF RWANDA AND ORDER IT TO BE PUBLISHED IN THE OFFICIAL GAZETTE OF THE REPUBLIC OF RWANDA.

THE PARLIAMENT:

The Chamber of Deputies, meeting in a Constituent Assembly, in its session of October 13, 2005;

The Senate, meeting in a Constituent Assembly, in its session of November 10, 2005;

Given the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date, especially in its Articles 193 and 200;

Having reviewed the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date, especially in its articles 3, 52, 76, 79, 82, 85, 86, 88, 113, 118, 143, 150, 151, 158, 159, 161, 165, 167, 168, 182, 183 and 184;

On the initiative of the President of the Republic, after Consideration and adoption by Cabinet, in its session of August 24, 2005;

ADOPTS:

Article One:

Article 3 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Territory of Rwanda is divided into administrative entities determined by an Organic law which determines their number, their boundaries and their organisation.

The law determines the organisation and the functioning of those entities.”

Article 2:

Article 52 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“A multi-party system of government is recognized.

Political organizations fulfilling the conditions required by law are permitted to be formed and to operate freely; they must abide by the Constitution and other laws as well as democratic principles and they should not destabilise national unity, territorial integrity and security of the nation.

Political organizations participate in the education of citizens on politics based on democracy and elections and operate in such a manner as to ensure that women and men have equal access to elective offices.

The leadership organs of political organizations shall maintain offices at the national level. The organic law governing political organizations determines their offices at other levels of administrative entities.”

Article 3:

Article 76 of the Constitution of the Republic of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Chamber of Deputies shall be composed of eighty (80) members as follows:

fifty three (53) are elected in accordance with the provisions of article 77 of the Constitution of June 4, 2003 as amended to date;

twenty four (24) women are elected by specific councils in accordance with the administrative entities;

two (2) members elected by the National Youth Council;

one (1) member elected by the Federation of the Associations of the Disabled.

An Organic Law determines the modalities of the election of members of the Chamber of Deputies.”

Article 4:

Article 79 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“Every year, the Chamber of Deputies shall adopt the finance law. It shall receive the finance bill before the commencement of the Budget session.

The Chamber of Deputies shall examine the Budget for the next financial year on the basis of the Budget implementation report for the first semester of the current year presented to it by the Cabinet.

Every financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Cabinet shall submit to the Chamber of Deputies the finance bill for the previous financial year.

The Cabinet shall submit a report on the balance sheet of the State Finances to the Auditor General of State Finances in accordance with an Organic Law.

Every financial year and before the commencement of the session devoted to the examination of the Budget, the Auditor General of State Finances submits to each Chamber of Parliament the report on the balance sheet of the State Finances.

Before the final adoption of the Budget, the President of the Chamber of Deputies seeks the opinion of the Senate on the finance bill.

The finance law determines the State revenues and expenditures in accordance with conditions provided for by an Organic Law.”

Article 5:

Article 82 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Senate shall be composed of twenty six (26) members serving for a term of eight (8) years and at least thirty per cent (30 %) of whom are women. In addition, former Heads of State become members of the Senate upon their request to the Supreme Court but they must have honourably completed their terms or voluntarily resigned from office.

Those twenty six (26) members are elected or appointed as follows:

twelve (12) members elected by the specific councils in accordance with the administrative entities;

eight (8) members appointed by the President of the Republic, who shall ensure the representation of historically marginalized communities;

four (4) members designated by the Forum of Political organizations;

one (1)university lecturer of at least the rank of Associate Professor or a researcher, elected by the academic and research staff of public universities and institutions of higher learning;

one (1) university lecturer of at least the rank of Associate Professor or researcher, elected by the academic and research staff of private universities and institutions of higher learning.

An Organic Law determines the election of members of the Senate.

The organs responsible for the nomination of Senators shall take into account national unity and equal representation of both sexes.

Disputes relating to the application of this article and article 83 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date, shall be adjudicated by the Supreme Court.”

Article 6:

Article 85 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“Without prejudice to Article 197 of the Constitution, nominations of candidates for the Senate to be elected are filed with the Supreme Court at least thirty (30) days before the elections.

The Supreme Court verifies if the candidates fulfil the required conditions, rules on and publishes the list of candidates within eight (8) days from the date on which it received the nominations. Elections are conducted in accordance with the procedure determined by the electoral law.

With respect to Senators who are appointed, the organs responsible for the nomination of designated Senators submit the names of the candidates to the Supreme Court, which verifies whether they fulfil the required conditions and rules on and publishes the list of appointed Senators within eight (8) days.

Senators appointed by the President of the Republic are nominated last to enable the President to take into account the principle of national unity among Rwandans.

In the event that some of the candidates are not approved by the Supreme Court, the organs responsible for their nomination may, within seven days (7) from the date of publication of the list, complete the number provided for.”

Article 7:

Article 86 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“With regard to Senators elected, a candidate to be elected must receive an absolute majority of the votes cast during the first round or failing that, a simple majority in the second round which must be organized immediately after the first round.

In the event of an elected Senator’s resignation, death, impeachment by a court of law or permanent absence from the Senate on account of any reason when his or her term has a year or more to run, fresh elections are held. In the case of an appointed Senator, the organ which appointed him or her shall determine his or her replacement.”

Article 8:

Article 88 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“In legislative matters, the Senate shall be competent to vote on:

laws relating to the amendment of the Constitution;

organic laws;

laws relating to the establishment, modification, functioning and dissolution of public enterprises and parastatal organizations and territorial organisations;

laws relating to fundamental freedoms, rights and duties of the person;

criminal law and laws relating to the organization, jurisdiction of courts and procedure in criminal cases;

laws relating to defence and security;

laws relating to elections and referenda;

laws relating to international agreements and treaties.

The Senate shall also have the authority to:

elect the President, the Vice-President and Judges of the Supreme Court, the Prosecutor General of the Republic and his or her deputy;

approve the appointment of the Chairpersons and members of National Commissions, the Ombudsman and his or her deputies, the Auditor General of State Finances and his or her Deputy, Ambassadors and Representatives to international organisations, heads of public enterprises and parastatal organisations which have legal personality;

approve the appointment of other heads of public organs who are determined by an organic law.”

Article 9:

Article 113 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The President of the Republic shall sign Presidential orders approved by Cabinet regarding:

the prerogative of mercy;

the minting of money;

the award of National Orders;

the implementation of laws when it is his or her responsibility;

the promotion and the appointment of :

a) officers of the rank of General of the Rwanda Defence Forces;

b) senior officers of the Rwanda Defence Forces;

c) commissioners of the National Police;

d) senior officers of the National Police.

the appointment and termination of services of the following senior public servants :

a) the President and Vice-President of the Supreme Court;

b) the Prosecutor General of the Republic and his or her Deputy;

c) the Director of Cabinet in the Office of the President of the Republic;

d) the Chancellor of National Orders;

e) the Governor of the Central Bank;

f) the Rectors of public universities and institutions of higher learning;

g) the Head of the National Security Service and his or her deputy ;

h) the Commissioners of the Commissions and heads of specialized institutions provided for by the Constitution;

i) the Principal Private Secretary to the President of the Republic;

j) the Advisors in the Office of the President of the Republic;

k) the Ambassadors and Representatives of Rwanda to foreign countries and international organizations;

l) such other heads of public organs as the law may determine.”

Article 10:

Article 118 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Prime Minister shall:

coordinate the functioning of the Cabinet in accordance with broad guidelines set by the President of the Republic and ensures the implementation of laws;

formulate the Government programme in consultation with other members of the Cabinet;

present the Government programme to the Parliament within thirty (30) days of assuming office;

assign duties to the Ministers, Ministers of State and other members of the Cabinet ;

convene Cabinet meetings, draw up the agenda of the Cabinet in consultation with other members of the Cabinet and communicate it to the President of the Republic and other members of the Cabinet at least three (3) days before the meeting, except in matters of urgency which are considered by extraordinary meetings of the Cabinet;

preside over the Cabinet meetings; however, where the President of the Republic is in attendance, he or she shall preside;

countersign laws enacted by the Parliament and promulgated by the President of the Republic;

appoint civil and military officers with the exception of those appointed by the President of the Republic;

sign orders in respect of the appointment and promotion of junior officers of the Rwanda Defence Forces and the National Police ;

10° sign orders of the Prime Minister relating to the appointment and termination of service of the following senior public servants :

a) the Director of Cabinet in the Prime Minister’s Office;

b) the Secretary General in the Prime Minister's Office and his or her deputy;

c) the Vice-Governors of the Central Bank;

d) the Vice-Rectors of public universities and institutions of higher learning;

e) the Executive Secretaries of Government Commissions;

f) the Advisors and heads of services in the Office of the Prime Minister;

g) the Secretaries General in Ministries;

h) the Directors and other senior officers of public enterprises;

i) the members of the Boards of Directors of public enterprises and parastatal organisations;

j) the Directors in Ministries;

k) the Prosecutors at the National, High Instance and Grass-root levels;

l) such other senior public servants specified by a law where necessary;

Other public servants are appointed in accordance with specific laws.”

Article 11:

Article 143 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“Ordinary and specialized courts are hereby established.

Ordinary Courts are the Supreme Court, the High Court of the Republic, the Higher Instance Courts and the Lower Courts.

Specialized courts are the Gacaca courts and Military courts.

An organic law may establish other specialised courts.

With the exception of the Supreme Court, ordinary courts may have specialised or itinerant chambers established by an order of the President of the Supreme Court upon approval by the Supreme Council of the Judiciary.

Courts may sit in any locality within the limits of their territorial jurisdiction if the efficient administration of justice so requires and this does not prejudice the normal business of the courts at their permanent seats.

However, no special courts shall be created.

An organic law shall determine the organisation, the jurisdiction and the functioning of Courts.”

Article 12:

The heading C of Sub-section one of Section 2 of Chapter V of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“C: The Higher Instance Court

Article 13:

Article 150 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows;

“There is hereby established Higher Instance Courts.

An organic law shall determine the organisation, the competence and the territorial jurisdiction of each Higher Instance Court.”

Article 14:

The heading D of Sub-section one of Section 2 of Chapter V of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“D: Lower Instance Court

Article 15:

Article 151 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“There is hereby established Lower Instance Courts.

An organic law shall determine the organisation, the competence, the functioning and the territorial jurisdiction of each Lower Instance Court.”

Article 16:

Article 158 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Supreme Council of the Judiciary is composed of:

the President of the Supreme Court, who is the Chairperson;

the Vice-President of the Supreme Court;

one (1) judge from the Supreme Court elected by his or her peers;

the President of the High Court of the Republic;

one (1) judge from the High Court of the Republic elected by his or her peers;

judges from Higher Instance Courts elected by their peers representing High Instance Courts;

judges from Lower Instance Courts elected by their peers representing judges of the Lower Courts;

two (2) deans of the Faculties of Law of recognized universities and higher institutions of learning elected by their peers;

the President of the National Commission of Human Rights;

10° the Ombudsman.

An organic law shall determine the organisation, the powers and the functioning of the Supreme Council of the Judiciary. It shall also determine the number of judges mentioned in point six and seven of this article.”

Article 17:

Article 159 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“There is hereby established a “Mediation Committee" responsible for mediating between parties to certain disputes involving matters determined by law prior to the filing of a case with the court of first instance.

The Mediation Committee shall comprise of persons of integrity and acknowledged for their mediation skills.

An organic law shall determine the organization, the territorial jurisdiction, the competence and the functioning of the Mediation Committee. It shall also determine the number that comprise the Mediation Committee and the organ that elects it.”

Article 18:

Article 161 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The National Prosecution Service is a single institution. It shall comprise the Office of the Prosecutor General of the Republic, prosecution at the High Instance and Lower Instance levels.

The Office of the Prosecutor General shall comprise the Prosecutor General, the Deputy Prosecutor General and Prosecutors with jurisdiction over the whole country.

The Prosecutor General and the Deputy Prosecutor General shall be holders of at least a Bachelor of Laws and have working experience of eight (8) years in the legal profession, and proven ability of management of high-levels of institutions. Holders of doctoral degrees in law shall have at least five (5) years of experience in the legal profession.

The Prosecutor General of the Republic shall direct and coordinate the activities of the prosecution service. With the assistance of the prosecutors in his or her office, he or she shall be responsible for prosecutions before the Supreme Court and the High Court of the Republic in accordance with provisions of the law.

The Prosecutor General of the Republic is represented by a prosecutor at the High Instance level and a Prosecutor at the Grass-root level.

The Prosecutor General of the Republic may give written instructions to any Prosecutor. However, he or she has no powers to give instructions to a Prosecutor to refrain from prosecuting any person and to defer the matter to him or herself.”

Article 19:

Article 165 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“There is hereby instituted the Supreme Council of the Prosecution Service.

The Supreme Council of the Prosecution comprises of the following members:

the Minister of Justice, who is the Chairperson;

the Prosecutor General of the Republic;

the Deputy Prosecutor General of the Republic;

A National Prosecutor elected by his or her peers;

the Commissioner General of National Police;

the President of the National Commission of Human Rights;

the Military Prosecutor General and his or her deputy;

prosecutors at the High Instance and those from the Lower Instance Levels representing their peers;

two (2) deans of the Faculties of Law of recognised universities and institutions of higher learning elected by their peers;

10° the President of the Bar Association;

11° the Ombudsman.

An organic law shall determine the organization, the powers and the functioning of the Supreme Council of the Prosecution Service. It shall also determine the number of prosecutors representing their peers mentioned in point 8 of this article.”

Article 20:

Article 167 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“Public administration shall be decentralized in accordance with the provisions of the law. Decentralized entities shall fall under the Ministry in charge of local government.

The law determines decentralized local administrative entities with legal status and administrative and financial autonomy. Such entities are basic foundation of community development.

Local administrative entities with legal status shall be entitled to become members of national and international organisations which promote development through decentralisation.

A law determines the organisation, the functioning and the collaboration between these organs and various other organs which have a role in the administration and development of the country. A law shall also determine the manner in which the Government transfers powers, property and other resources to decentralized entities.”

Article 21:

Article 168 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“There is hereby established a “National Council of Dialogue”. It shall bring together the President of the Republic and representatives of councils of local administrative entities with legal status elected by their peers. It shall be chaired by the President of the Republic and be attended by members of the Cabinet and Parliament, and such others as may be determined by the President of the Republic. The number of representatives of councils of local administrative entities with legal status in the National Council of dialogue shall be determined by the President of the Republic.

The Council shall meet at least once a year. It shall debate, among others, on issues relating to the state of the Nation, the state of local governments and the national unity.

Resolutions of the Council are submitted to the concerned state institutions to enable them to improve their services to the population.”

Article 22:

Article 182 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Office of the Ombudsman shall be an independent public institution.

Its responsibilities shall include the following:

acting as a link between the citizen and public and private institutions;

preventing and fighting against injustice, corruption and other related offences in public and private administration;

receiving and examining, in the aforementioned context, complaints from individuals and independent associations against the acts of public officials or organs, and private institutions and to mobilise these officials and institutions in order to find solutions to such complaints if they are well founded.

The Office shall not involve itself in the investigation or adjudication relating to matters which are subjudice except that it may submit to the courts or the prosecution service the complaints which it has received, in which case those organs are required to respond to the Office.

receiving the faithful declaration of assets of the following:

a) the President of the Republic;

b) the President of the Senate;

c) the Speaker of the Chamber of Deputies;

d) the President of the Supreme Court;

e) the Prime Minister;

f) other members of the Cabinet;

g) Senators and Deputies;

h) Generals and high ranking officers of the Rwanda Defence Forces;

i) Commissioners and high ranking officers of the National Police;

j) Leaders of the National Security Service;

k) Leaders of local administrative entities with legal personality;

l) Judges by profession and Prosecutors by profession and judicial police officers;

m) Those in charge of receiving, managing and controlling the public finance and property, those responsible for public tenders in Central Administration, commissions and specialized public institutions, local administration, public institutions and parastatals, public institutions with private management, institutions in which the government holds shares, state-owned projects and officials of those institutions;

n) those in charge of taxes and revenues;

o) other civil servants or other servants that are connected with public finance and property as well as those whose activities could lead to corruption and related practices as the law may determine.

The faithful declaration of assets of the above referred persons shall be submitted to the Ombudsman each year not later than June 30 and after they leave office.

For other persons beginning their career, their faithful declaration of assets shall be submitted for the first time within one month after assuming office.

The Office of Ombudsman shall submit each year its program and activity report to the President of the Republic and to Parliament and submit copies thereof to other State organs determined by law.

The law shall determine the organization and the functioning of the Office.”

Article 23:

Article 183 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“The Office of the Auditor General of State Finances is an independent national institution responsible for the audit of State Finances and patrimony.

It is vested with legal personality and has financial and administrative autonomy.

The Office is headed by the Auditor General assisted by a Deputy Auditor General and other necessary personnel.

The responsibilities of the Office include the following:

auditing State revenues and expenditures of the State as well as local administrative entities, public enterprises and parastatal organizations and government projects;

auditing the finances of all institutions referred to above, particularly verifying whether the expenditures were in conformity with laws and regulations in force and sound management and whether they were necessary;

carrying out all audits of accounts, efficient management, control the functioning of state organs and all institutions mentioned above.

No person shall be permitted to interfere in the functioning of the Office or to give instructions to its personnel or to cause them to change their methods of work.”

Article 24:

Article 184 of the Constitution of the Republic of Rwanda of June 4, 2003 as amended to date is modified as follows:

“Without prejudice to the provisions of Article 79 of the Constitution of the Republic of Rwanda as amended to date, the Office of the Auditor General for State Finances shall submit each year to each Chamber of Parliament, prior to the commencement of the session devoted to the examination of the budget of the following year, a complete report on the balance sheet of the State budget of the previous year. That report must indicate the manner in which the budget was utilized, unnecessary expenses which were incurred or expenses which were contrary to the law and whether there was misappropriation or general squandering of public funds.

A copy of the report shall be submitted to the President of the Republic, the Cabinet, the President of the Supreme Court and the Prosecutor General of the Republic.

The Parliament, after receiving the report of the Auditor General referred to in this article, examines the report and takes appropriate decisions within six (6) months.

The institutions and public officials to which a copy of the annual report of the Auditor General is addressed are obliged to implement its recommendations by taking appropriate measures in respect of the irregularities and other shortcomings which were disclosed.

The Parliament may request this Office to carry out a financial audit of state institutions or with regard to the use of funds provided by the State.

The law determines the organization and the functioning of this Office.”

Article 25:

This amendment of the Constitution comes into force on the date of its promulgation by the President of the Republic and is duly published in the Official Gazette of the Republic of Rwanda.

Kigali, on 08/12/2005

The President of the Republic

KAGAME Paul

(sé)

The Prime Minister

MAKUZA Bernard

(sé)

Seen and sealed with the Seal of the Republic:

The Minister of Justice

MUKABAGWIZA Edda

(sé)

REVISION N° 02 DU 08/12/2005 DE LA CONSTITUTION DE LA REPUBLIQUE DU RWANDA DU 04 JUIN 2003 TELLE QUE REVISEE A CE JOUR

Nous, KAGAME Paul,

Président de la République ;

LE PARLEMENT A ADOPTE ET NOUS SANCTIONNONS, PROMULGUONS LA REVISION DE LA CONSTITUTION DE LA REPUBLIQUE DU RWANDA DU 04 JUIN 2003 TELLE QUE REVISEE A CE JOUR ET ORDONNONS QU’ELLE SOIT PUBLIEE AU JOURNAL OFFICIEL DE LA REPUBLIQUE DU RWANDA.

LE PARLEMENT :

La Chambre des Députés, réunie en Constituante, en sa séance du 13 octobre 2005 ;

Le Sénat, réuni en Constituante, en sa séance du 10 novembre 2005 ;

Vu la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour, spécialement en ses articles 193 et 200 ;

Revu la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour, spécialement en ses articles 3, 52, 76, 79, 82, 85, 86, 88, 113, 118, 143, 150, 151, 158, 159, 161, 165, 167, 168, 182, 183 et 184 ;

Sur initiative du Président de la République, après délibération du Conseil des Ministres en date du 24 août 2005 ;

ADOPTE :

Article premier :

L’article 3 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le territoire national est divisé en Entités administratives du pays établies par une loi organique qui fixe en outre leur nombre, leurs limites et leurs structures.

La loi fixe l’organisation et le fonctionnement de ces Entités.»

Article 2 :

L’article 52 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le multipartisme est reconnu.

Les formations politiques remplissant les conditions légales se forment et exercent librement leurs activités, à condition de respecter la Constitution et les lois ainsi que les principes démocratiques et de ne pas porter atteinte à l’unité nationale, à l’intégrité du territoire et à la sécurité de l’Etat.

Les formations politiques concourent à l’éducation politique démocratique des citoyens ainsi qu’à l’expression du suffrage et prennent les mesures nécessaires en vue d’assurer l’égal accès des femmes et des hommes aux mandats électoraux et aux fonctions électives de l’Etat.

Les structures dirigeantes des formations politiques ont leurs sièges au niveau national. La loi organique régissant les formations politiques définit les sièges de leurs structures dirigeantes au niveau d’autres entités administratives du pays. »

Article 3 :

L’article 76 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« La Chambre des Députés est composée de quatre-vingt (80) membres, à savoir :

Cinquante trois (53) élus conformément à l’article 77 de la Constitution du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour ;

Vingt quatre (24) membres de sexe féminin élus par des organes spécifiques en fonction des entités administratives du pays ;

Deux (2) membres élus par le Conseil National de la Jeunesse ;

Un (1) membre élu par la Fédération des Associations des Handicapés.

Une loi organique détermine l’organisation des élections des membres de la Chambre des Députés. »

Article 4 :

L’article 79 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Chaque année, la Chambre des Députés vote le budget de l’Etat. Elle est saisie du projet de loi des finances avant l’ouverture de la session consacrée au budget.

La Chambre des Députés examine le budget de l’exercice suivant à la lumière du rapport de l’exécution du budget du premier semestre de l’exercice en cours lui présenté par le Gouvernement.

Pour chaque exercice budgétaire, et ce avant l’ouverture de la session consacrée à l’examen du budget, le Gouvernement présente à la Chambre des Députés un projet de loi de l’exécution du budget de l’Etat de l'exercice écoulé.

Le bilan des finances de l’Etat doit être présenté à l'Auditeur Général des Finances de l'Etat par le Gouvernement selon les dispositions prévues par une loi organique.

Pour chaque exercice budgétaire et avant l’ouverture de la session consacrée au budget, l’Auditeur Général des Finances de l’Etat présente à chaque Chambre du Parlement le bilan des finances de l’Etat.

Avant l'adoption définitive du budget, le Président de la Chambre des Députés sollicite l'avis consultatif du Sénat sur le projet de loi de finances de l'Etat.

La loi de finances détermine les ressources et les charges de l’Etat dans les conditions prévues par une loi organique. »

Article 5 :

L’article 82 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le Sénat est composé de vingt six (26) membres dont le mandat est de huit (8) ans et dont trente pour cent (30 %) au moins sont du sexe féminin ainsi que des anciens Chefs d’Etat qui en font la demande à la Cour Suprême, mais ils doivent avoir normalement terminé ou volontairement résigné leur mandat.

Ces vingt six (26) Sénateurs sont élus ou désignés comme suit :

douze (12) membres élus par des organes spécifiques, en fonction des entités administratives du pays ;

huit (8) membres nommés par le Président de la République, qui veille en outre à ce que la communauté nationale historiquement la plus défavorisée soit représentée;

quatre (4) membres nommés par le Forum des formations politiques ;

un (1) membre issu des Universités et Instituts d’enseignement supérieur publics ayant au moins le grade académique de Professeur associé et élu par le corps académique de ces institutions;

un (1) membre issu des Universités et Instituts d’enseignement supérieurs privés ayant au moins le grade académique de Professeur associé élu par le corps académique de ces institutions.

Une loi organique détermine l’organisation des élections des membres du Sénat.

Les organes chargés de désigner les Sénateurs sont tenus de prendre en considération l’unité nationale et la représentation des deux sexes.

Les contestations relatives à l’application du présent article et de l’article 83 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour sont tranchées par la Cour Suprême. »

Article 6 :

L’article 85 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Sans préjudice de l’article 197 de la Constitution, les candidatures des Sénateurs à élire doivent parvenir à la Cour Suprême au moins trente (30) jours avant les élections.

La Cour Suprême vérifie si les candidats remplissent les conditions requises, arrête et publie la liste des candidats dans les huit (8) jours de sa saisine. Les élections ont lieu dans les conditions fixées par la loi électorale.

Pour les Sénateurs à désigner, les organes chargés de leur désignation notifient dans le même délai les noms des personnes choisies à la Cour Suprême qui vérifie si elles remplissent les conditions exigées, arrête et publie la liste des Sénateurs désignés dans les huit (8) jours de sa saisine.

Toutefois, dans le souci de garantir l’unité entre les Rwandais, les Sénateurs devant être désignés par le Président de la République, le sont après la désignation des autres Sénateurs par les organes habilités.

Si certains noms n’ont pas été retenus par la Cour Suprême, l’organe chargé de la désignation peut, le cas échéant, compléter le nombre autorisé dans le délai de sept (7) jours après la publication de la liste. »

Article 7 :

L’article 86 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Pour être élu Sénateur, le candidat doit réunir la majorité absolue des voix ou la majorité relative au deuxième tour qui doit être organisé immédiatement après le premier tour.

Si un Sénateur élu démissionne, décède, est déchu de ses fonctions par une décision judiciaire ou est définitivement empêché de siéger un an (1) au moins avant la fin du mandat, il est procédé à de nouvelles élections. S’il s’agit d’un Sénateur ayant fait l’objet de désignation, son remplacement est effectué par l’organe compétent. »

Article 8:

L’article 88 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« En matière législative, le Sénat est compétent pour voter:

les lois relatives à la révision de la Constitution ;

les lois organiques ;

les lois concernant la création, la modification, le fonctionnement et la suppression des institutions étatiques ou para-étatiques et l’organisation du territoire ;

les lois relatives aux libertés, aux droits et devoirs fondamentaux de la personne ;

les lois pénales, les lois d’organisation et de compétence judiciaires ainsi que les lois de procédure pénale ;

les lois relatives à la défense et à la sécurité ;

les lois électorales et référendaires ;

les lois relatives aux traités et accords internationaux.

Le Sénat est également compétent pour :

élire le Président, le Vice-président et les juges de la Cour Suprême, le Procureur Général de la République et le Procureur Général de la République Adjoint;

approuver la nomination des dirigeants et membres des Commissions Nationales, de l'Ombudsman et de ses Adjoints, de l’Auditeur Général des Finances de l’Etat et de son Adjoint, des Ambassadeurs et Représentants permanents, des Chefs des organismes étatiques et paraétatiques dotés de la personnalité juridique ;

approuver la nomination d’autres dirigeants des organes de l’Etat déterminés par une loi organique. »

Article 9 :

L’article 113 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le Président de la République signe les arrêtés présidentiels délibérés en Conseil des Ministres concernant :

le droit de grâce ;

la frappe de la monnaie ;

les décorations dans les Ordres Nationaux;

l’exécution des lois lorsqu’il en est chargé ;

la promotion et l'affectation :

a) des officiers généraux des Forces Rwandaises de Défense;

b) des officiers supérieurs des Forces Rwandaises de Défense;

c) des Commissaires de la Police Nationale;

d) des Officiers Supérieurs de la Police Nationale.

la nomination et la cessation de fonction des hauts fonctionnaires civils suivants :

a) le Président et le Vice-Président de la Cour Suprême ;

b) le Procureur Général de la République et le Procureur Général de la République Adjoint;

c) le Directeur de Cabinet du Président de la République ;

d) le Chancelier des Ordres Nationaux ;

e) le Gouverneur de la Banque Nationale ;

f) les Recteurs des Universités et des Instituts Supérieurs publics;

g) le Chef du Service National de Sécurité et son Adjoint;

h) les Commissaires des Commissions et les responsables des Institutions spécialisées prévues dans la Constitution;

i) le Secrétaire Particulier du Président de la République ;

j) les Conseillers à la Présidence de la République ;

k) les Ambassadeurs et Représentants permanents auprès des pays étrangers et des organisations internationales ;

l) les autres dirigeants des organes de l’Etat déterminés par la loi. »

Article 10 :

L’article 118 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le Premier Ministre :

dirige l’action du Gouvernement suivant les grandes orientations définies par le Président de la République et assure l’exécution des lois ;

élabore le programme du Gouvernement en concertation avec les autres membres du Gouvernement ;

présente au Parlement le programme du Gouvernement dans les trente (30) jours de son entrée en fonction ;

fixe les attributions des Ministres, Secrétaires d’Etat et autres membres du Gouvernement ;

convoque le Conseil des Ministres, établit son ordre du jour en consultation avec les autres membres du Gouvernement et le communique au Président de la République et aux autres membres du Gouvernement au moins trois (3) jours avant la tenue du Conseil, sauf les cas d’urgence dévolus aux Conseils extraordinaires ;

préside le Conseil des Ministres ; toutefois, lorsque le Président de la République est présent, celui-ci en assure la présidence ;

contresigne les lois adoptées par le Parlement et promulguées par le Président de la République ;

nomme aux emplois civils et militaires sauf ceux qui sont réservés au Président de la République ;

signe les actes de nomination et de promotion des Officiers subalternes des Forces Rwandaises de Défense et de la Police Nationale;

10° signe les arrêtés du Premier Ministre concernant la nomination et la cessation de fonction des hauts fonctionnaires suivants :

a) le Directeur de Cabinet du Premier Ministre ;

b) le Secrétaire Général du Gouvernement et le Secrétaire Général du Gouvernement Adjoint;

c) les Vice-Gouverneurs de la Banque Nationale ;

d) les Vice-Recteurs des Universités et des Instituts d'enseignement supérieur publics;

e) les Secrétaires Exécutifs des Commissions de l’Etat ;

f) les Conseillers et Chefs de Service dans les services du Premier Ministre ;

g) les Secrétaires généraux des Ministères ;

h) les Directeurs et les cadres de conception et de coordination des établissements publics;

i) les membres du Conseil d'Administration dans les Etablissements publics et les Représentants de l’Etat dans les sociétés mixtes ;

j) les Directeurs dans les Ministères ;

k) les Officiers du Ministère Public à compétence nationale, de Grande Instance et ceux d’Instance de base;

l) les autres dirigeants des organes de l’Etat déterminés par la loi.

Les autres fonctionnaires sont nommés conformément à des lois spécifiques. »

Article 11 :

L’article 143 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué des juridictions ordinaires et des juridictions spécialisées.

Les juridictions ordinaires sont la Cour Suprême, la Haute Cour de la République, les Tribunaux de Grande Instance et les Tribunaux de Base.

Les juridictions spécialisées sont les Juridictions Gacaca et les juridictions militaires.

Une loi organique peut instituer d'autres juridictions spécialisées.

A l’exception de la Cour Suprême, les juridictions ordinaires peuvent être dotées de Chambres spécialisées ou de Chambres détachées, par ordonnance du Président de la Cour Suprême sur approbation du Conseil Supérieur de la Magistrature.

Les Cours et Tribunaux peuvent, sans nuire au jugement des affaires à leur siège ordinaire, siéger en n’importe quelle localité de leur ressort si la bonne administration de la justice le requiert.

Toutefois, il ne peut être créé de juridictions d’exception.

Une loi organique détermine l’organisation, la compétence et le fonctionnement des Cours et Tribunaux. »

Article 12 :

L’appellation du point C de la sous-section première de la section 2 du Chapitre V de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifiée comme suit :

« C : Du Tribunal de Grande Instance »

Article 13 :

L’article 150 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué des Tribunaux de Grande Instance.

Une loi organique détermine l'organisation, la compétence et le fonctionnement du Tribunal de Grande Instance ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Grande Instance. »

Article 14 :

L’appellation du point D de la sous-section première de la section 2 du Chapitre V de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifiée comme suit :

«D : Du Tribunal de Base »

Article 15 :

L’article 151 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué des Tribunaux de Base.

Une loi organique détermine l’organisation, la compétence et le fonctionnement du Tribunal de Base ainsi que le ressort de chaque Tribunal de Base. »

Article 16 :

L’article 158 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le Conseil Supérieur de la Magistrature est composé des membres suivants :

le Président de la Cour Suprême, Président de droit ;

le Vice-Président de la Cour Suprême ;

un (1) Juge de la Cour Suprême élu par ses pairs ;

le Président de la Haute Cour de la République ;

un (1) Juge de la Haute Cour de la République élu par ses pairs ;

des juges représentant ceux des Tribunaux de Grande Instance élus par leurs pairs ;

des juges représentant ceux des Tribunaux de Base élus par leurs pairs ;

deux (2) Doyens des Facultés de Droit des Universités agréées élus par leurs pairs ;

le Président de la Commission Nationale des Droits de la Personne ;

10° l’Ombudsman.

Une loi organique précise l’organisation, la compétence et le fonctionnement du Conseil Supérieur de la Magistrature ainsi que le nombre des Juges définis aux points 6° et 7° du présent article. »

Article 17 :

L’article 159 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué un «Comité de Conciliateurs » destiné à fournir un cadre de conciliation obligatoire préalable à la saisine des juridictions de premier degré siégeant dans certaines affaires définies par la loi.

Le Comité des Conciliateurs est composé de personnes intègres et reconnues pour leur aptitude à concilier.

Une loi organique détermine l’organisation, le ressort, la compétence et le fonctionnement du Comité des Conciliateurs. Elle précise en outre le nombre de ses membres et l’organe qui l’élit. »

Article 18 :

L’article 161 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Le Parquet Général de la République constitue un organe unique. Il comprend un service appelé Bureau du Procureur Général de la République et un service décentralisé au niveau de Grande Instance et de base.

Le Bureau du Procureur Général de la République est composé du Procureur Général de la République, du Procureur Général de la République Adjoint et des Procureurs à compétence nationale.

Le Procureur Général de la République et le Procureur Général de la République Adjoint doivent avoir au moins un diplôme de licence en Droit et une expérience professionnelle de huit (8) ans au moins dans une profession juridique et avoir fait preuve d’aptitude dans l’administration d’institutions au plus haut niveau. Pour les détenteurs d’un diplôme de Doctorat en Droit, l’expérience professionnelle requise est de cinq (5) ans au moins dans une profession juridique.

Le Procureur Général de la République dirige et coordonne les activités du Parquet Général de la République. Assisté d'autres Procureurs de son Bureau, il exerce l’action publique devant la Cour Suprême et devant la Haute Cour de la République dans les conditions prévues par la loi.

Le Procureur Général de la République est représenté dans ses fonctions par un Procureur au niveau de la Grande Instance et un Procureur au niveau de base.

Le Procureur Général de la République peut donner des injonctions écrites à tout Procureur et Officier du Ministère Public. Cependant ce pouvoir n’emporte pas le droit de dessaisir le Procureur des dossiers à instruire dans leurs ressorts respectifs et de se substituer à eux. »

Article 19 :

L’article 165 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué un Conseil Supérieur du Parquet.

Le Conseil Supérieur du Parquet est composé de membres suivants :

le Ministre de la Justice, qui en est Président;

le Procureur Général de la République ;

le Procureur Général de la République Adjoint;

un Procureur à compétence nationale élu par ses pairs ;

le Commissaire Général de la Police Nationale;

le Président de la Commission Nationale des droits de la personne;

l’Auditeur Général Militaire et son adjoint ;

des représentants des Officiers du Ministère Public au niveau de Grande Instance et de base;

deux (2) Doyens des Facultés de Droit des universités agréées élus par leurs pairs ;

10° le Bâtonnier de l’Ordre des Avocats ;

11° l'Ombudsman.

Une loi organique détermine l’organisation, la compétence et le fonctionnement du Conseil Supérieur du Parquet ainsi que le nombre de représentants des Officiers du Ministère Public définis au point 8° du présent article. »

Article 20:

L’article 167 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Les pouvoirs de l’Etat sont décentralisés au profit des entités administratives locales conformément à une loi. Ces pouvoirs relèvent du Ministère ayant l'administration locale dans ses attributions.

Une loi détermine les entités administratives locales décentralisées dotées de la personnalité juridique et de l’autonomie administrative et financière. Ces entités constituent la base du développement communautaire.

Les entités administratives locales dotées de la personnalité juridique peuvent adhérer à des organisations nationales ou internationales œuvrant en matière de décentralisation.

Une loi détermine l’organisation, le fonctionnement de ces entités décentralisées et leurs relations avec d’autres organes participant à l’administration et au développement du pays. Une loi organise le transfert de compétences, de ressources et d’autres moyens du Gouvernement central aux entités décentralisées. »

Article 21 :

L’article 168 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« Il est institué un « Conseil National de Dialogue». Il réunit le Président de la République et les représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique élus par leurs pairs. Il est présidé par le Président de la République en présence des membres du Gouvernement, du Parlement ainsi que d'autres personnes que pourrait désigner le Président de la République. Le nombre des représentants des Conseils des entités administratives locales dotées de la personnalité juridique au sein du Conseil National de Dialogue est déterminé par le Président de la République.

Le Conseil se réunit au moins une (1) fois par an. Il débat entre autres des questions relatives à l’état de la Nation, l’état des pouvoirs locaux et de l’unité nationale.

Les recommandations issues dudit Conseil sont transmises aux institutions et services concernés afin d’améliorer les services rendus à la population. »

Article 22 :

L’article 182 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« L’Office de l’ « Ombudsman » est une institution publique indépendante dans l’exercice de ses attributions.

Il est chargé notamment de :

servir de liaison entre le citoyen d’une part et les institutions et services publics et privés d’autre part ;

prévenir et combattre l’injustice, la corruption et d’autres infractions connexes dans les services publics et privés ;

recevoir et examiner dans le cadre précité les plaintes des particuliers et des associations privées contre les actes des agents ou des services publics et privés et si ces plaintes paraissent fondées, attirer l’attention de ces agents ou de ces services en vue de trouver une solution satisfaisante.

L’Office ne peut pas s’immiscer dans l’instruction ou le jugement des affaires soumises à la justice mais peut soumettre les plaintes dont il est saisi aux juridictions ou aux services chargés de l’instruction qui sont tenus de lui répondre.

recevoir, chaque année, la déclaration sur l’honneur des biens et patrimoines des personnes suivantes:

  1. le Président de la République ;
  2. le Président du Sénat ;
  3. le Président de la Chambre des Députés ;
  4. le Président de la Cour Suprême ;
  5. le Premier Ministre ;
  6. les autres membres du Gouvernement ;
  7. les Sénateurs et les Députés ;
  8. les Officiers Généraux et les Officiers Supérieurs des Forces Rwandaises de Défense;
  9. les Commissaires et les Officiers Supérieurs de la Police Nationale ;
  10. les dirigeants du Service National de Sécurité ;
  11. les dirigeants des Entités administratives locales dotées de la personnalité juridique ;
  12. les Juges de carrière, les Officiers du Ministère Public de carrière et les Officiers de Police Judiciaire ;
  13. les receveurs, les gestionnaires et les contrôleurs des finances et patrimoines de l’Etat, les responsables des services des adjudications dans l’administration centrale, dans les commissions et organes spécialisés de l’Etat, dans l’administration locale, dans les établissements publics et paraétatiques, dans les établissements publics à gestion privée, dans les établissements où l’Etat a des actions et dans des projets gérés par l’Etat ainsi que ceux qui assurent la direction de ces institutions ;
  14. les receveurs des taxes et impôts ;
  15. d’autres agents de l’Etat que la loi peut déterminer, dont les activités ont rapport avec le patrimoine et les finances de l’Etat ainsi que ceux dont les activités peuvent mener à la corruption et aux pratiques connexes.

Les déclarations sur l’honneur des biens et patrimoines pour les personnes ci-haut citées doivent parvenir à l’Ombudsman chaque année au plus tard le 30 juin et chaque fois qu’elles quittent leurs fonctions.

Pour les personnes qui débutent leurs fonctions, la déclaration sur l’honneur des biens et patrimoines doit parvenir à l’Ombudsman pour la première fois endéans un (1) mois de leur entrée en service.

L’office de l’Ombudsman adresse chaque année le programme et le rapport d’activités au Président de la République et au Parlement et en réserve copie aux autres organes de l’Etat déterminés par la loi.

Une loi détermine les modalités d’organisation et le fonctionnement de l’Office. »

Article 23 :

L’article 183 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifié comme suit :

« L’Office de l’Auditeur Général des Finances de l’Etat est une institution nationale indépendante chargée de l’audit des finances et de patrimoine de l’Etat.

Il est doté de la personnalité juridique et de l’autonomie administrative et financière.

L’Office est dirigé par un Auditeur Général assisté d’un Auditeur Général Adjoint et d’autant d’agents que de besoin.

Il est chargé notamment de :

vérifier le patrimoine de l’Etat et des collectivités locales, des établissements publics, des organismes paraétatiques ainsi que des projets de l’Etat ;

contrôler le patrimoine des organes ci-haut cités en vérifiant notamment l’utilisation conforme à la loi et aux instructions en vigueur, la régularité l’efficience et le bien-fondé des dépenses;

effectuer tout audit comptable, de gestion et contrôler le fonctionnement des organes de l’Etat et de tous les services ci-haut mentionnés.

Nul ne peut s’immiscer dans les opérations de l’Office, ni donner des instructions à ses agents ni chercher à les influencer dans leurs fonctions. »

Article 24 :

L’article 184 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour est modifiée comme suit :

« Sous réserve des dispositions de l'article 79 de la Constitution de la République du Rwanda du 04 juin 2003 telle que révisée à ce jour, l’Office de l'Auditeur Général des Finances de l’Etat soumet chaque année, avant l’ouverture de la session consacrée à l'examen du budget de l'année suivante, aux Chambres du Parlement le rapport sur le bilan des finances de l’Etat qui comprend l’exécution du budget de l’Etat de l'exercice écoulé. Ce rapport doit notamment préciser la manière dont les comptes ont été gérés, les dépenses faites à tort ou irrégulièrement, ou s’il y a eu détournement ou dilapidation des deniers publics.

Une copie de ce rapport est adressée au Président de la République, au Gouvernement, au Président de la Cour Suprême, et au Procureur Général de la République.

Dans un délai ne dépassant pas six (6) mois, à dater de la réception du rapport de l’Office de l’Auditeur Général prévu dans cet article, le Parlement, l’examine et prend des décisions appropriées.

Les institutions et autorités destinataires de la copie du rapport de l’Auditeur Général sont tenues d’y donner suite en prenant les mesures qui s’imposent en ce qui concerne notamment les irrégularités et manquements constatés.

Le Parlement peut charger l’Office d’effectuer toute vérification financière dans les services de l’Etat ou concernant l’utilisation des fonds alloués par l’Etat.

Une loi détermine l’organisation et le fonctionnement de l’Office de l’Auditeur Général. »

Article 25 :

La présente Révision de la Constitution entre en vigueur le jour de sa signature par le Président de la République et est publiée au Journal Officiel de la République du Rwanda.

Kigali, le 08/12/2005

Le Président de la République

KAGAME Paul

(sé)

Le Premier Ministre

MAKUZA Bernard

(sé)

Vu et scellé du Sceau de la République :

Le Ministre de la Justice

MUKABAGWIZA Edda

(sé)

0 Comments:

Post a Comment

<< Home